Article archive
Gatonde:Igisasu cyaturikanye abana batatu
03/02/2012 00:43
Hari mu masaha ya nimugoroba ku itari 2 gashyantare 2012 mu mudugudu wa Rwantonde, akagali ka Gatonde ho mu murenge wa Kibungo akarere ka Ngoma ubwo igisasu cyo mu bwoko bwa grenade cyaturikanaga abana batatu bari baragiye barakomereka bahita bajyanwa kwa...
>>
———
Abagera ku bihumbi 30 ku bihumbi 84 bari bakatiwe TIG baburiwe irengero
31/01/2012 20:49
Amakuru atangazwa n´urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa avuga ko kuva mu mwaka wa 2005 iki gihano cyatangira gushyirwa mu bikorwa abantu bakatiwe icyo gihano bamaze kubarurwa bakabakaba ibihumbi 84....
>>
———
Ijambo umukuru w’igihugu Paul Kagame yagejeje ku banyarwanda.
01/01/2012 00:07
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagejeje ijambo rye ku banyarwanda abifuriza umwaka mushya muhire wa 2012 ndetse anabashimira ibyagezweho mu myaka ishize. Yanaboneyeho gusaba abanyarwanda gukomeza umurava biteza imbere bazamura imibereho myiza.
Perezida...
>>
———
UBUSABANE NA AERG ICYUSA
30/12/2011 23:01
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 ukuboza 2011 AERG HUMURA na AERG ICYUSA bagiranye ubusabane hakinwa imikino itandukanye harimo volleyball nyuma yaho hakurikiraho gusabana dusangira hakurikiraho ibiganiro bitandukanye,ubwo coordinateur wa AERG ICYUSA yatugaragarije ko bishimiye iki gikorwa...
>>
———
Emerita Kampire death
28/12/2011 22:43
Ni kuri uyu wa kabiri tariki ya 27/12/2011 ubwo AERG RUBONA HUMURA yitabiriye umuhango wo gushyingura nyakwigendera Emerita Kampire mu mudugudu wa Misange, Akagari ka Gatonde,Umurenge wa Kibungo,Akarere ka Ngoma,Intara y'Iburasirazuba aho AERG HUMURA yifatanyije...
>>
———
Hakozwe kamera itahura niba umuntu ari kubeshya
26/11/2011 20:17
Iyi Kamera(camera) ifite uburyo bwo gukusanya amashusho mu buryo buhanitse aho izahuzwa n’uburyo bundi buzwi nka ‘imagerie thermique et algorithmes’ bubasha kugaragaza ishusho mu buryo bw’ikoranabuhanga rihanitse...
>>
———
Mu Rwanda hageze imodoka zidakoresha kontaki
26/11/2011 20:10
Nyuma y’igihe kitari gito yari imaze ibagezaho imodoka zitandukanye nka Suzuki, Isuzu, Land Rover ndetse na Ford ; sosiyete ya RwandaMotor Ltd ku bufatanye na Rwanda Auto Ltd, yagejeje mu Rwanda imodoka zo...
>>
———
Bahangayikishijwe n’uko MINEDUC yategetse ko nta kigo kizongera gucumbikira abanyeshuri
26/11/2011 19:47
Dr HAREBAMUNGU Mathias
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye muri Minisiteri y’Uburezi, Dr Harebamungu Mathias mu minsi ishize yatangarije abanyamakuru ko guhera mu itangira ry’umwaka w’amashuri utaha, nta shuri rizongera gucumbikira abana ;...
>>
———
Dukundane Familly: Kwibuka abishwe bajugunywe mu mazi muri jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 5.
09/05/2011 16:22
Twibuke jenoside yakorewe abatutsi, dushyigire ukuri twiheshe agaciro
Ku nshuro ya 17 twibuka jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, Dukundane Family nayo ikomeje kwifatanya n’abandi banyarwanda by’umwihariko ababuze ababo, kubibuka no kubahesha agaciro. Uyu mwaka by’umwihariko Dukundane...
>>
———